Uruzinduko rwa perezida wa Nigeriya mu Rwanda

U Rwanda rukomeje kwakira benshi bifuza gufatanya narwo mu nzira y’iterambere ibi byongeye kugaragarira mu ruzinduko rwa Perezida wa Nigeria Goodluck Jonathan amazemo iminsi ibiri mu Rwanda.

Uyu mukuru w’igihugu cya Nigeria yaje mu Rwanda azanye n’abashoramari benshi kugirango nabo bihere ijisho dore ko we yari aherutse ino ubwo Perezida Paul Kagame yarahiraga.

Ibitekerezo   ( 1 )

Murakoze kutugezaho amakuru ya 2022

Uwineza valentine yanditse ku itariki ya: 27-12-2022  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka