Urubyiruko rw’abakorerabushake: Uruhare rwabo mu kurwanya COVID-19 ni ntagereranywa (Video)

Mu kwezi kwa kane 2020, ni bwo urubyiruko rw’abakorerabushake rwinjiye mu rugamba rwo guhangana n’icyorezo cya COVID-19.

Ni bwo abasore n’inkumi bambaye udukote tudasanzwe batangiye kugaragara bahagaze ahantu hahurira abantu benshi nko ku masoko, ku nsengero, aho abantu bategera imodoka n’ahandi hatandukanye.

Hari bamwe mu baturage babonaga abantu bambaye utu jillets turiho ibirango bya Polisi n’Umujyi wa Kigali bakabikanga. Ese urubyiruko rw’abakorerabushake ni bantu ki?

Kigali Today yaguteguriye icyegeranyo gikurikira ku ruhare rukomeye rw’urubyiruko rw’abakorerabushake mu gufasha Abanyarwanda kubahiriza no gushyira mu bikorwa ingamba zo kwirinda COVID-19, no mu bindi bikorwa bigamije iterambere ry’igihugu.

Bikurikire muri iyi video:

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka