Umunsi w’Intwari mu mafoto

Kwibuka intwari z’u Rwanda byabereye mu midugudu ariko Perezida Kagame hamwe n’abandi bayobozi bakuru b’igihugu bifatanyije n’imiryango y’intwari twibuka bashyira indabo ku mva zazo ziri i Remera mu mujyi wa Kigali. Dore amwe mu mafoto y’uwo muhango.

Perezida Kagame yunamira intwari z'igihugu ku irimbi ry'intwari ku Gicumbi cy'Intwari i Remera
Perezida Kagame yunamira intwari z’igihugu ku irimbi ry’intwari ku Gicumbi cy’Intwari i Remera
Perezida Kagame n'abandi bayobozi bakuru b'igihugu hamwe n'imiryango y'Intwari ku irimbi ry'intwari.
Perezida Kagame n’abandi bayobozi bakuru b’igihugu hamwe n’imiryango y’Intwari ku irimbi ry’intwari.
Abayobozi b'ingabo z'igihugu baha icyubahiro Intwari z'igihugu ku irimbi ryazo.
Abayobozi b’ingabo z’igihugu baha icyubahiro Intwari z’igihugu ku irimbi ryazo.
Imva y'intwari y'ikirenga, Fred Gisa Rwigema.
Imva y’intwari y’ikirenga, Fred Gisa Rwigema.
Imva ya Fred Gisa Rwigema.
Imva ya Fred Gisa Rwigema.
Imva y'intwari y'imena, Uwiringiyimana Agatha.
Imva y’intwari y’imena, Uwiringiyimana Agatha.
Imva y'intwari y'imena, Mutara wa 3 Rudahigwa.
Imva y’intwari y’imena, Mutara wa 3 Rudahigwa.
Imva y'intwari y'imena, Rwagasana Michel.
Imva y’intwari y’imena, Rwagasana Michel.
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

kuzirikana ku ntwari ni byiza gusa natwe duharanire ubutwari mumibanire yacu n’abandi
nta rwango, nta shyari,nta bunebwe....

Gilbert SHINGIRO yanditse ku itariki ya: 1-02-2013  →  Musubize

NKINTOERE YATOJWE,NK UMUREZI W UMYUGA,UREREA U RWANDANDIFUZA YUKO :KUGIRANGO URWANDA RWJO HAZAZA RUMENYA INTWARI ZABOHOYE U RWANDA HASHIRWA MUMASHURI ABANZA CIRRICULM CYANGWA GAHUNDA YOKWIGISHA ABAKIRI BATO INTWARI Z U RWANDA.

EMMANUEL MUSENGE yanditse ku itariki ya: 31-01-2013  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka