Umuhanda Kigali-Musanze-Rubavu wabaye nyabagendwa
Umuhanda Kigali-Musanze-Rubavu wabaye nyabagendwa, nyuma yaho ikamyo ya rukururana ikoze impanuka ikawufunga, kuri uyu wa kabiri tariki 28 Werurwe 2023 mu rukerera.
- Umuhanda ubu wafungutse
Urubuga rwa Twitter rwa Polisi dukesha iyi nkuru, rwatangaje ko uyu muhanda wari wafunzwe n’ikamyo ya rukururana, ubwo yari igeze i Kanyinya mu Karere ka Rulindo, igakora impanuka.
Polisi ivuga ko hahise hatangiye ibikorwa byo kugira ngo uwo muhanda wongere gukoreshwa, bikaba byagezweho.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|