Umuganda wa Gashyantare 2020 urakorerwa mu ngo

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) yatangaje ko Umuganda wo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 29 Gashyantare 2020 (no ku Cyumweru ku Badivantisiti) abantu bawukorera mu ngo zabo aho batuye, ugaharirwa ibikorwa by’isuku muri buri muryango, nk’uko iri tangazo rya MINALOC ribisobanura.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka