Uko mu nkambi zitandukanye mu Rwanda bizihije umunsi mpuzamahanga w’impunzi - AMAFOTO
Kuri uyu wa gatandatu tariki 20 Kamena 2015 u Rwanda rwifatanyije n’isi mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe impunzi ku isi. Muri urwo rwego Kigali Today yabateguriye amwe mu mafoto agaragaza uko impunzi zibayeho mu Rwanda muri zimwe mu nkambi ziri mu gihugu.
Mu nkambi ya Mahama mu karere ka Kirehe niho uyu munsi wiihirijwe ku rwego rw’igihugu, aho wanitabiriwe n’abayobozi batandukanye harimo na Minisitiri ushinzwe gucyura impunzi.








Mu nkambi ya Gihembe iherereye mu karere ka Gicumbi ituwemo n’impunzi z’Abanyekongo.



Mu nkambi ya Nyagatare iherereye mu karere ka Rusizi naho nta bibazo bikomeye bihari. Iyi nkambi ibarizwaho impunzi z’Abarundi zigera ku 150.

Mu nkambi ya Kigeme yo ituwemo impunzi z’Abanyekongo ho ubuzima bwari bwakomeje nk’ibisanzwe.

Kigali Today
Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
nta kundi nibahangane, gusa uwamenya ububi bw’ubuhunzi yahora abumbatiye umutekano yirinda icyawuhungabanya cyose.
nta kundi nibahangane, gusa uwamenya ububi bw’ubuhunzi yahora abumbatiye umutekano yirinda icyawuhungabanya cyose.
Birabaje ntamuntu wishimira guhunga dusengere abarimukaha kd tubafashe.