Uko mu nkambi zitandukanye mu Rwanda bizihije umunsi mpuzamahanga w’impunzi - AMAFOTO

Kuri uyu wa gatandatu tariki 20 Kamena 2015 u Rwanda rwifatanyije n’isi mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe impunzi ku isi. Muri urwo rwego Kigali Today yabateguriye amwe mu mafoto agaragaza uko impunzi zibayeho mu Rwanda muri zimwe mu nkambi ziri mu gihugu.

Mu nkambi ya Mahama mu karere ka Kirehe niho uyu munsi wiihirijwe ku rwego rw’igihugu, aho wanitabiriwe n’abayobozi batandukanye harimo na Minisitiri ushinzwe gucyura impunzi.

Iyo niyo nkambi ya Mahama iherereye mu karere ka Kirehe, ituwemo n'impunzi z'Abarundi.
Iyo niyo nkambi ya Mahama iherereye mu karere ka Kirehe, ituwemo n’impunzi z’Abarundi.
Minisitiri Mukantabana atemberezwa mu nkambi.
Minisitiri Mukantabana atemberezwa mu nkambi.
Aho niho batekera.
Aho niho batekera.
Mu nkambi icyani kiraboneka, agakombe ni ijana.
Mu nkambi icyani kiraboneka, agakombe ni ijana.
Abana barasaba gukomeza amasomo mu Rwanda.
Abana barasaba gukomeza amasomo mu Rwanda.
Minisitiri Mukantabana yifatanyije n'abo mu nkambi mu gikorwa cy'umuganda wo kubaka amazu.
Minisitiri Mukantabana yifatanyije n’abo mu nkambi mu gikorwa cy’umuganda wo kubaka amazu.

Mu nkambi ya Gihembe iherereye mu karere ka Gicumbi ituwemo n’impunzi z’Abanyekongo.

Mu nkambi ya Gihembe iherereye mu karere ka Gicumbi naho ni uko haramutse hameze kuri uyu wa gatandatu.
Mu nkambi ya Gihembe iherereye mu karere ka Gicumbi naho ni uko haramutse hameze kuri uyu wa gatandatu.
Mu nkambi ya Gihembe iherereye mu karere ka Gicumbi naho ni uko haramutse hameze kuri uyu wa gatandatu.
Mu nkambi ya Gihembe iherereye mu karere ka Gicumbi naho ni uko haramutse hameze kuri uyu wa gatandatu.
Ikirere nticyabyutse kifashe neza.
Ikirere nticyabyutse kifashe neza.

Mu nkambi ya Nyagatare iherereye mu karere ka Rusizi naho nta bibazo bikomeye bihari. Iyi nkambi ibarizwaho impunzi z’Abarundi zigera ku 150.

Izo nizo mpunzi z'Abarundi ziba muri iyi mpunzi ya Nyagatare.
Izo nizo mpunzi z’Abarundi ziba muri iyi mpunzi ya Nyagatare.

Mu nkambi ya Kigeme yo ituwemo impunzi z’Abanyekongo ho ubuzima bwari bwakomeje nk’ibisanzwe.

Inkambi ya Kigeme.
Inkambi ya Kigeme.

Kigali Today

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 3 )

nta kundi nibahangane, gusa uwamenya ububi bw’ubuhunzi yahora abumbatiye umutekano yirinda icyawuhungabanya cyose.

munyaneza innocent yanditse ku itariki ya: 21-06-2015  →  Musubize

nta kundi nibahangane, gusa uwamenya ububi bw’ubuhunzi yahora abumbatiye umutekano yirinda icyawuhungabanya cyose.

munyaneza innocent yanditse ku itariki ya: 21-06-2015  →  Musubize

Birabaje ntamuntu wishimira guhunga dusengere abarimukaha kd tubafashe.

Jean Pierre yanditse ku itariki ya: 20-06-2015  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka