Uko igikorwa cy’umuganda cyitabiriwe mu gihugu hose - AMAFOTO
Byegeranyijwe n’ikipe ya Kigali Today
Ibitekerezo
( 3 )
umuganda umaze kuba ubukombe muguteza imbere abaturage , kandi buretse natwe ni isi yose imaze kubonako umuganda ari ingirakamaro kuko nahandi uri kugenda uhagera , umuganda wuyumunsi wari mwiza cyane dore ko nigihe cyabaye kiza, dukomeze imihigo
karamira yanditse ku itariki ya: 25-10-2014 → Musubize
uyu muco wo kwishakamo bisubizo ukomeze uturange kandi uzatugeza kuri byinshi dukoresheje ingufu zacu
barabara yanditse ku itariki ya: 25-10-2014 → Musubize
Rwanda itajengwa na sisi wenyewe. no mu Karere ka Ngororero umuganda ngarukakwezi witabiriwe n’abantu benshi. Mu murenge wa Hindiro abaturage bahanze umuyoboro w’amazi ureshya na 3,620m. niwuzura uzafasha umugore wo mu cyaro kugabanya imvune yahuraga nazo ajya gusahaka amazi kure y’iwe. Dore ko uyu munsi ari mpuzamahanga wahariwe umugore wo mu cyaro.
nshimyumuremyi yanditse ku itariki ya: 25-10-2014 → Musubize
umuganda umaze kuba ubukombe muguteza imbere abaturage , kandi buretse natwe ni isi yose imaze kubonako umuganda ari ingirakamaro kuko nahandi uri kugenda uhagera , umuganda wuyumunsi wari mwiza cyane dore ko nigihe cyabaye kiza, dukomeze imihigo
uyu muco wo kwishakamo bisubizo ukomeze uturange kandi uzatugeza kuri byinshi dukoresheje ingufu zacu
Rwanda itajengwa na sisi wenyewe. no mu Karere ka Ngororero umuganda ngarukakwezi witabiriwe n’abantu benshi. Mu murenge wa Hindiro abaturage bahanze umuyoboro w’amazi ureshya na 3,620m. niwuzura uzafasha umugore wo mu cyaro kugabanya imvune yahuraga nazo ajya gusahaka amazi kure y’iwe. Dore ko uyu munsi ari mpuzamahanga wahariwe umugore wo mu cyaro.