Uko gahunda ya Car Free Day ku nshuro ya kabiri yitabiriwe - AMAFOTO
Kuri iki Cyumweru, tariki 3 Nyakanga 2016, mu Mujyi wa Kigali, hongeye kuba ku nshuro ya kabiri gahunda ya Car Free Day, ifunga imwe mu mihanda ku binyabiziga, igaharirwa abanyamaguru, abanyamagare n’abandi bashaka kuyikoresha mu bikorwa bya siporo.

Umuhanda wari ufunze ku binyabiziga ni uturuka muri Car Free Zone yo mu Mujyi wa Kigali rwagati ukagera kuri Stade Amahoro uciye ku Kimihurura. Bamwe mu bitabiriye iyi gahunda bakaba bahuriraga ku Kigo cy’Imisoro n’Amahoro (Rwanda Revenue Authority), bagakora imyitozo ngororangingo.
Amafoto:
















Niba ushaka kureba andi mafoto menshi, kanda HANO.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Gahunda ni nziza ariko bajye bamenyesha abantu imihanda yafunzwe mbere kugirango abafite izindi gahunda badatatana mumihanda batazi aho banyura.
Ubwa mbere byateguwe neza kuburyo abantu bose bari bazi imihanda nyabagendwa.
iyigahunda yokunanura imitsi ninziza bakomerezaho