Uko amatora y’abagize inzego z’ibanze yitabiriwe hirya no hino mu gihugu (AMAFOTO)

Kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa 8 Gashyantare 2016, Abanyarwanda bazindukiye mu matora y’inzego z’ibanze yahereye ku rwego rw’umudugudu. Aho Kigali Today yabashije kugera, dore uko byari byifashe mu mafoto:

Burera - Abaturage bishimiye amatora nk'abari mu birori.
Burera - Abaturage bishimiye amatora nk’abari mu birori.
Nsengiyumva Emmanuel watorewe kuyobora Umudugudu wa Byimana mu Kagari ka Musezero ku Gisozi, abamutoye bamwishimiye maze baramuterura.
Nsengiyumva Emmanuel watorewe kuyobora Umudugudu wa Byimana mu Kagari ka Musezero ku Gisozi, abamutoye bamwishimiye maze baramuterura.
Gasabo - Uyu mukandida na mbere yahabwaga icyizere n'abaturage bari bamuri inyuma ari benshi.
Gasabo - Uyu mukandida na mbere yahabwaga icyizere n’abaturage bari bamuri inyuma ari benshi.
Kicukiro - Na ho amatora yabaye mu bwisanzure, abatora bakajya inyuma y'abakandida.
Kicukiro - Na ho amatora yabaye mu bwisanzure, abatora bakajya inyuma y’abakandida.
Uyu mukecuru w'i Burera na we yazindutse ajya kwitorera abazamuyobora.
Uyu mukecuru w’i Burera na we yazindutse ajya kwitorera abazamuyobora.
Gakenke - Mu gihe cy'amatora, hari ababoneraho akanya ko kongera guhura bakaganira.
Gakenke - Mu gihe cy’amatora, hari ababoneraho akanya ko kongera guhura bakaganira.
Gasabo - Aha ni mu Kagari ka Musezero mu Murenge wa Gisozi. Na ho bazindukiye mu matora.
Gasabo - Aha ni mu Kagari ka Musezero mu Murenge wa Gisozi. Na ho bazindukiye mu matora.
Gicumbi - Abaseseri babanje kurahirira inshingano zo gutoresha.
Gicumbi - Abaseseri babanje kurahirira inshingano zo gutoresha.
Aha ni mu Karere ka Gicumbi, na ho batoye.
Aha ni mu Karere ka Gicumbi, na ho batoye.
Aha ni mu Karere ka Kamonyi.
Aha ni mu Karere ka Kamonyi.
Aha ni muri Kirehe, na bo batoye.
Aha ni muri Kirehe, na bo batoye.
Muhanga - Aha ni mu Murenge wa Nyamabuye, amatora yabereye muri Stade.
Muhanga - Aha ni mu Murenge wa Nyamabuye, amatora yabereye muri Stade.
Ngoma - Abafite ubumuga barasobanurirwa ko amatora yabo ahera ku kagari.
Ngoma - Abafite ubumuga barasobanurirwa ko amatora yabo ahera ku kagari.
Nyagatare - Abaseseri baho na bo babanje kurahira.
Nyagatare - Abaseseri baho na bo babanje kurahira.
Abaturage b'i Nyagatare bitabiriye amatora ku bwinshi.
Abaturage b’i Nyagatare bitabiriye amatora ku bwinshi.
Aba ni abaturage b'i Nyamagabe bazindukiye gutora.
Aba ni abaturage b’i Nyamagabe bazindukiye gutora.
Aha ni i Nyamasheke mu Murenge wa Kagano.
Aha ni i Nyamasheke mu Murenge wa Kagano.
Nyanza - Aha ni i Gihisi mu Murenge wa Busasamana.
Nyanza - Aha ni i Gihisi mu Murenge wa Busasamana.
Huye - Abatuye Umurenge wa Huye batoreye kuri iyi Site ya Rukira.
Huye - Abatuye Umurenge wa Huye batoreye kuri iyi Site ya Rukira.
Ku bakandida bizewe n'abaturage, wasangaga umurongo ubajya inyuma ari muremure. Aha ni mu Karere ka Kirehe.
Ku bakandida bizewe n’abaturage, wasangaga umurongo ubajya inyuma ari muremure. Aha ni mu Karere ka Kirehe.
Nyarugenge - Abiyamamazaga bajyaga imbere, abatora bakabajya inyuma. Aha ni ku Muhima.
Nyarugenge - Abiyamamazaga bajyaga imbere, abatora bakabajya inyuma. Aha ni ku Muhima.
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka