U Rwanda rwungutse abatekinisiye b’indege 10

U Rwanda rwungutse abatekinisiye b’indege bagera ku 10 mu bagera kuri 201 bahawe impamyabumenyi mu byo gutwara indege muri Ethiopia.

Uyu muhango wabaye tariki ya 3 ugushyingo 2015 mu Ishuri rya Ethiopian Aviation Academy riherereye mu mujyi wa Addis Abeba mu gihugu cya Ethiopia.

Abanyeshuri b'Abanyarwanda uko ari 10
Abanyeshuri b’Abanyarwanda uko ari 10

Mu banyeshuri magana abiri n’umwe barangije amasomo mu bijyanye no gutwara indege, kuzikanika na serivise zikenerwa mu ndege.

Abakora muri Cabine Crew
Abakora muri Cabine Crew

Muri abo, 29 barangije mu byo gutwara indege(piloting), 96 basoje amasomo yabo mu bijyanye no kuzikanika, 44 barangije mu bijyanye n’amasoko (marketing), naho 37 bakaba barize ibyo kwita ku bakiriya mu ndege(cabin crew).

Abatekinisiye
Abatekinisiye

Muri 96 basoje amasomo yabo mu bijyanye no gukanika indege mu gihe cy’imyaka ibiri, 10 muri bo ni Abanyarwanda, 2 muri bo ni igitsina gore.

Abasoje mu masomo yo gutwara indege(Piloting)
Abasoje mu masomo yo gutwara indege(Piloting)

Nyabenda Vital w’Umunyarwanda niwe wahize abandi bose muri iryo shuri mu ishami ry’ibijyanye no gukanika indege. Aba banyeshuli bakaba bazakorera Kompanyi Nyarwanda ya Rwandair ku nkunga ya leta y’u Rwanda.

Uhagarariye urubyiruko mu ihuriro ry’Abanyarwanda baba muri Ethiopia

Ibitekerezo   ( 5 )

Kalisa wowe warapfuye ahubwo usigaje gushyingurwa

Ndahimana yanditse ku itariki ya: 10-11-2015  →  Musubize

nyagupfa ni nde? birashoboka ko ariyo mpamvu batashyizwe kurutonde kuko basanzwe babarirwa mu mitwe yiterabwoba(FDLR), birumvikana ko ubashyize mu ndege bamara abantu....hahahah!!!!

denise yanditse ku itariki ya: 10-11-2015  →  Musubize

Kigalitoday you are the best. ureke igihe cyatubeshye cyandika inkuru ipfuye itanuzuye

Andrew yanditse ku itariki ya: 10-11-2015  →  Musubize

ndabona ali ironda bwoko, nta nyagupfa wahageza ikirenge.

kalisa yanditse ku itariki ya: 10-11-2015  →  Musubize

Abakora muri cabin crew??? Muri abaswa kabisa.

Indahemuka J yanditse ku itariki ya: 9-11-2015  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka