U Rwanda rwiteguye gukorana na Afrika mu gukemura ikibazo cy’amashanyarazi
U Rwanda rwiteguye gukorana n’ibihugu bya Afrika mubyerekeranye n’ubuhahirane bushingiye ku ngufu z’amashanyarazi, aho rushobora gutangira kujya rugura cyangwa se rukagurisha amashanyarazi mu bindi bihugu bya Afrika hifashishijwe imiyoboro migari.
Umunyamabanga wa leta ushinzwe ingufu n’amazi Kamayirese Germaine yabitangaje nyuma y’aho u Rwanda rwakiriye inama y’abaminisitiri bashinzwe ingufu, baturutse mu bihugu 11 byo kumugabane wa Afrika.

Iyumvire uyu muyobozi asobanura birambuye iby’Iyi nama
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|