U Rwanda rwanenze Raporo impuguke za ONU zakoze kuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo
Yanditswe na
Simon Kamuzinzi
Leta y’u Rwanda yasohoye Itangazo rinenga Raporo y’Itsinda ry’Impuguke z’Umuryango w’Abibumbye (ONU). Ibikubiye muri iryo tangazo biri muri iyi nyandiko yashyizwe hanze n’Ibiro by’Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda ku wa Kane tariki 22 Kamena 2023.

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo


Ohereza igitekerezo
|