U Bufaransa bwatanze undi ambasaderi bwifuza ko yabuhagararira mu Rwanda

Nyuma y’amazi atandatu u Rwanda rwanze kwemera Hélène Le Gal nka ambasaderi w’u Bufaransa mu Rwanda, icyo gihugu cyongeye gutanga irindi zina: Michel Flesh.

Michel Fresh w’imyaka 58 usanzwe uhagarariye u Bufaransa mu gihugu cya Guinée-Bissau yemejwe n’inama y’abaminisitiri yabaye tariki 01/08/2012.

Icyifuzo cy’u Bufaransa cy’uko Michel Fresh yahagararira icyo gihugu mu Rwanda cyamaze gushyikirizwa Leta y’u Rwanda; nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru Jeune Afrique.

Kigali Today

Ibitekerezo   ( 1 )

nanihahandi uyu nawe ni ukuneka u rwanda bimuzanye no gukurikirana ibya m23 nurwanda kuko aba bazungu babohereza mu rwanda babanjye kubasopeshya kutarya ruswa yibihugu byo muri afrika ahubwo bakabineka bivuye inyuma byumvikane ko bari bamaze amezi 6ntamakuru babona ku rwanda none naho kuvuga ngo nyumayo kwanga helene bose nibamwe ni umwana wumunyarwanda ntagikongoro nta nyamagabe

abdallah yanditse ku itariki ya: 8-08-2012  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka