Rutsiro: Abaturage bategeranyije ijambo rya Perezida Kagame ibyishimo

Kuri uyu wa 18 Kamena 2015, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame , yagendereye Akarere ka Rutsiro aho abaturage bari bamaze iminsi bategereje kongera kumva impanuro ze bamwirebera amaso ku maso. Mu gihe abaturage bategereje impanuro ze abahanzi babanje kubasusurutsa.

Abaturaga baje ari benshi cyane.
Abaturaga baje ari benshi cyane.
Umuhanzi Senderi abasusurutsa.
Umuhanzi Senderi abasusurutsa.

Kuri iyi saha ya saa saba n’iminota 35, Umuyobozi w’Akarere ka Rutsiro akaba afashe ijambo aha Perezida wa Repubulika ikaze.

Kigali Today irimo kubibakurikiranira

Ibitekerezo   ( 1 )

byari bishimishije i Rutsiro, kugira umuyobozi mwiza nka Kagame ni byiza

Byukusenge yanditse ku itariki ya: 18-06-2015  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka