Rubavu: Perezida Kagame ageze i Mudende aho agiye kuganira n’abaturage

Perezida Kagame ageze i Mudende mu Karere ka Rubavu aho agiye kuganira n’abaturage, mu ruzinduko rw’iminsi ibiri yahereye yahereye mu Karere ka Gakenke.

Perezida Kagame arimo arasuhuza abaturage b'Akarere ka Rubavu.
Perezida Kagame arimo arasuhuza abaturage b’Akarere ka Rubavu.

Iyi nkuru turacyayibakurikiranira.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

AKAGARIKA NSHERIMA NDA FOOT BOL IHARI

Alias yanditse ku itariki ya: 10-10-2016  →  Musubize

Nishimiye urugendo rwa nyakubahwa KAGAME Paul kadutegereze turebe nimba ibyo yavuze abayobozi bashya bazabishyira mubikorwa kandu H/E wacu ndamushimira kubwitange n’umurava agaragariza abaturajye....

kayiranga alex yanditse ku itariki ya: 25-03-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka