Polisi yatangiye guherekeza amakamyo aturutse ku mupaka wa Rusumo (Video)

U Rwanda rwafashe umwanzuro w’uko ibicuruzwa biba byamaze gukorerwa imenyakanisha kuri Gasutamo i Kiyanzi ariko bikaba biri bukomeze mu bihugu bihana imbibi n’u Rwanda (Transit Goods), ko bizajya biherekezwa kugera aho bigana.

Ni mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira rya Coronavirus mu bwikorezi bw’ibicuruzwa byambukiranya imipaka. Muri iyi video, irebere uburyo Polisi y’u Rwanda iherekeza amakamyo y’ibicuruzwa aturutse ku mupaka wa Rusumo uhuza u Rwanda na Tanzania. Mu gihe cy’urugendo, abashoferi bemerewe guhagarara ahantu habugenewe.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka