Polisi yasubukuye ibizamini byo gutwara ibinyabiziga

Polisi y’u Rwanda iratangaza ko guhera tariki 02 Ugushyingo 2020, ishami ryayo rishinzwe umutekano wo mu muhanda rizasubukura ikoreshwa ry’ibizamini by’impushya zo gutwara ibinyabiziga.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 9 )

kubantu batibonye kurutonde rwabiyandikishije gukora yabarizahe ?murakoze

Emile Maurice yanditse ku itariki ya: 23-10-2021  →  Musubize

NAGIRA NGO MBASABE MUMFASHE KUNDEBERA,IGIHE NZAKORERA IKIZAMINI CY’URUHUSHYA RWA BURUNDU;NARI NARIYANDIKISHIJE ARIKO KUBERA COVID 19 AMATARIKI YO GUKORA YAGIYE YIGIZWA INYUMA.

HAGENIMANA JEAN yanditse ku itariki ya: 6-01-2021  →  Musubize

Mudufashe muduhe time table yibizamini uno bizakorwa na mataliki murakoze

Mao yanditse ku itariki ya: 16-11-2020  →  Musubize

Twabazaga niba ibizamini ahobigeze bikorwa mutubwira abazakorera iburengerazuba niryari mudufashe kugirango tubashe kwitegura murakoze

Desire yanditse ku itariki ya: 12-11-2020  →  Musubize

Turabashimiye kuba mwongeye gusubukura ibizami, none mwadusobanuriye igihe tuzatangirira kwiyandisha kubantu tudafite code zogukoreraho? MURAKOZE!!

NDIKUBWIMANA JEAN FRANK yanditse ku itariki ya: 2-11-2020  →  Musubize

Murakoze kuduha ayamakuru ajyanye no gusgaka impushya.nabasabagako mwazanaduha urutonde rwabazaherwa bari bafite provisoir.

Habonimana yanditse ku itariki ya: 1-11-2020  →  Musubize

Murakoze kuba mwongeye kudufungurira none x abantu bafite proviosur ntabwo aya mezi ya covid muzayongeraho

Manirahari innocent yanditse ku itariki ya: 28-10-2020  →  Musubize

Abanu bazatangira kwiyandikisha ryari muri rusange

mugisha omar yanditse ku itariki ya: 28-10-2020  →  Musubize

Turabashimiye kungambanshya zokurekura ibizamine byogutwara ibinyabiziga mukazirikana nabari biyandikishije.mbere ya covd19 murakoze kutuzirikana

Nsengimana yanditse ku itariki ya: 28-10-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka