Perezida Kagame yitabiriye inama ku bukungu muri Gabon
Kuri uyu wa gatanu tariki 28 Ukwakira 2016, Perezida Paul Kagame yitabiriye inama ku bukungu igiye kubera i Libreville muri Gabon.
Iyi nama Perezida Kagame yitabiriye, azayihuriramo na Perezida Idris Deby wa Tchad nawe wamaze kugera muri iki gihugu.
Akigera ku Kibuga cy’ingege i Libreville muri Gabon, yakiriwe mu cyubahiro na Perezida Ali Bongo Odimba

Iki gihugu ni icya gatatu Perezida Kagame asuye mu cyumweru kimwe, nyuma y’uruzinduko yatangiriye muri Mozambique, agakurikizaho Congo-Brazza Ville, akabona kwerekeza muri Gabon.





Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
Mbega byiza!!! iri ni ishema ku Rwanda ariko n’ iyi carpert irahambaye kbs/ umwihariko kuba islam
muzehe wacu turamwishi miye nakomerezaho tumurinyuma
Ni byiza pe!, HE akomeje kudushakira umubano mwiza n’andimahanga, three countries in one week!, birandenze ,God bless the president Paul KAGAME, burya ngo ifuni ibagara ubucuti ni akarenge.