Perezida Kagame yazamuye mu ntera Brig. Gen Nkubito Eugene

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, RDF, yazamuye mu ntera Brig Gen. Nkubito Eugene, amuha ipeti rya Major General.

Major General Nkubito Eugene
Major General Nkubito Eugene

Izo mpinduka zagaragarijwe mu itangazo ryaciye ku rubuga rwa Twitter rw’Ingabo z’u Rwanda, kuri uyu wa Kabiri tariki 16 Kanama 2022.

Major General Nkubito Eugene wazamuwe mu ntera, yari asanzwe ari Umuyobozi w’Ingabo mu Ntara y’Iburasirazuba no mu Mujyi wa Kigali.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Afande NKUBITO Eugene ni umuyobozi ubikwiye Imana izamukomereze imihigo mu nshingano ze. Ni ingabo ibikwiye.

Dumbuli yanditse ku itariki ya: 16-08-2022  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka