Perezida Kagame yazamuye mu ntera bamwe mu basirikare bakuru, anabaha inshingano nshya

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF) yakoze impinduka mu ngabo z’u Rwanda, hakaba harimo abazamuwe mu ntera ndetse bahabwa n’inshingano nshya.

Major General Mubarakh Muganga yahawe ipeti rya Lt General
Major General Mubarakh Muganga yahawe ipeti rya Lt General

Major General Mubarakh Muganga yahawe ipeti rya Lt General anagirwa Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka.

Lt Gen Jean-Jacques Mupenzi
Lt Gen Jean-Jacques Mupenzi

Lt General Jean-Jacques Mupenzi yagizwe Umugaba w’Ingabo zirwanira mu kirere.

Major General Emmanuel Bayingana
Major General Emmanuel Bayingana

Major General Emmanuel Bayingana yagizwe Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ingabo (MINADEF).

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka