Perezida Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri

Perezida Paul Kagame, kuri uyu wa Gatanu tariki 29 Nyakanga 2022 yayoboye Inama y’Abaminisitiri yize ku ngingo zitandukanye, nk’uko ibiro by’Umukuru w’Igihugu (Village Urugwiro) byabitangaje.

Inama y’Abaminisitiri iheruka yari yateranye ku ya 18 Kamena 2022, iya none ikaba ibaye mu gihe hashize iminsi imibare y’abandura Covid-19 mu Rwanda yongeye kuzamuka.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka