Perezida Kagame yakoze impinduka mu buyobozi bw’igisirikari cy’u Rwanda
Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), yakoze impinduka mu buyobozi bw’ingabo z’u Rwanda.
Maj Gen Emmanuel Bayingana yagizwe Umugaba Mukuru w’Ingabo zirwanira mu Kirere.
Brig Gen Vincent Nyakarundi yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Ishami rishinzwe Ubutasi bwa Gisirikari.
Col Andrew Nyamvumba yagizwe Umuyobozi w’Ishami ry’Ubushakashatsi n’Iterambere muri Minisiteri y’Ingabo.
Itangazo rya Minisiteri y’Ingabo ryasohotse ku mugoroba wo ku wa mbere tariki 02 Nzeri 2019 rivuga ko izi mpinduka zihita zitangira gukurikizwa.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
niryari bakira umuntu wese ushaka kuba umwe mungabo zu rwanda?
niryari bandika cyangwa bakira abashaka kuba abasirikare niga s3 kuri G S St ALys sanzerere murakoze