Perezida Kagame n’Umuryango we bifurije abantu bose ibihe byiza bisoza umwaka

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yasohoye ubutumwa ku rubuga rwa Twitter bwo kwifuriza abantu bose ibihe byiza by’iminsi mikuru isoza umwaka.

Umukuru w’Igihugu yanditse agira ati "Umuryango wanjye nanjye tubifurije mwese ibihe byiza by’iminsi mikuru. Twabitangiye neza n’abanjye..., ndabakunda".

Perezida Kagame yatanze ubu butumwa buri kumwe n’amafoto, aho yari ari mu busitani arimo gutera agapira, hari n’imbwaebyiri ziri iruhande rwe.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

natwe twifurije nyakubahwa peresidawarepublic umwakamushyamuhire ndetse nabanyarwa murirusange noel yagenzeneza kbx turashima imn

mugisha leonard yanditse ku itariki ya: 26-12-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka