Nyaruguru: Barinubira ko bitoreye umuyobozi, agasimbuzwa uwo batatoye

Abatuye mu Mudugudu wa Rusuzumiro ho mu Murenge wa Kivu mu Karere ka Nyaruguru, binubira ko bitoreye umujyanama w’ubuzima babisabwe n’ubuyobozi, hanyuma uwo bahundagajeho amajwi agakurwaho.

Ubuyobozi bw’Umurenge wa Kivu ntibwemeranya n’aba baturage ko umuyobozi bitoreye yakuweko, ngo kuko muri raporo bwabonye iriho amazina y’uwatowe n’abaturage kandi ko kugeza ubu batarabona indi iyivuguruza.

Byinshi kuri iyi Nkuru Marie Claire Joyeuse yabagereye muri uyu Mudugudu abiva imuzi, abigera imuzingo.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka