Nyarugenge: Amasoko atajyanye n’igihe agiye kwegurirwa abikorera (Audio)
Yanditswe na
KT Editorial
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyarugenge bufite gahunda yo kwegurira abikorera amasoko ya Biryogo na Rwezamenyo, muri gahunda yo kuyahindura amasoko yo mu rwego rwo hejuru agendanye n’igishushanyo mbonera cy’umujyi.

Nzaramba Kayisime Meya w’akarere ka Nyarugenge avuga ko Kwegurira aya masoko abikorera ari ukugira ngo bayahuze n’igishushanyo mbonera cy’Umujyi wa Kigali
Kugeza ubu igiciro cyo kuvugurura isoko rya Biryogo n’irya Rwezamenyo ntikiramenyekana, ariko ubuyobozi buvuga ko kimwe n’igihe imirimo izamara, byose bizamenyekana mu gihe cyo guhatanira isoko.
Iyumvire inkuru irambuye hano
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|