Nkunda Amahoro wamenyekanye cyane ku makaye yarakuze

Umwana Nkunda Amahoro wamamaye cyane ku makaye yo mu mashuri abanza, amakuru agera kuri Kigali Today aravuga ko ubu yabaye umusore utagira uko asa.

Nkunda Amahoro akiri muto yagaragaraga nk'umukobwa
Nkunda Amahoro akiri muto yagaragaraga nk’umukobwa

Abize mu mashuri abanza mu Rwanda cyane cyane abize mbere ya Jenosideyakorewe Abatutsi, muribuka amakayi y’ibifuniko byera bishushanyijeho ishusho y’umwana useka uteretse umusatsi ’Afro’.

Nyuma yo gucukumbura no gukora ubushakashatsi mu bantu bazi uwo mwana, by’umwihariko abanyabugeni, twaje kumenya ko uwo mwana ubu yavuyemo umusore mwiza cyane.

Hari abajyaga bibaza ko uriya mwana ari umukobwa, ukurikije uko agaragara ku ifoto.

Dore Nkunda Amahoro uko asigaye angana

Nkunda amahoro yarakuze
Nkunda amahoro yarakuze
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 30 )

murakoze kuduha amateka yabyabihe mudushakire na claire wo kumavuta ya Sulfo

jado yanditse ku itariki ya: 21-01-2018  →  Musubize

Muradusondetse kabisa! Ubu se koko iyi ni inkuru??!!!

Hh yanditse ku itariki ya: 21-01-2018  →  Musubize

njye ndibaza niba iyi nkuru mwabonye hari icyo yafasha abantu, nanjye ngo iyi nkuru, iyi si inkuru kabisa. muzajye muduha ibintu bisobanutse mureke gusondeka abantu bazi ubwenge. mbega mwebwe we!!!!!!!!!!!!!! murandakaje gusa

Elie yanditse ku itariki ya: 22-01-2018  →  Musubize

Muradusondetse, iyi nkuru ntiyuzuye kabisa!!! Ubu se koko iyi ni inkuru??!!!

Hh yanditse ku itariki ya: 21-01-2018  →  Musubize

Ndabona iyi nkuru itagaragaza ubunyamwuga bw’umunyamakuru,imeze nk’itarangiye

Mitsindo yanditse ku itariki ya: 21-01-2018  →  Musubize

Ntimukatubeshye ariko ibyo byose ni ibishushanyo iyo ushaka kwerrka abantu ukuri nk umuntu wahahagaze nubwo cyaba ari igihsushanyo umwereka n ifoto ya nyiri gishushanyo amatsiko agashira none MWe muratwereka ibishushanyo gusa bitagira amafoto ya nyirayo

mudaheranwa yanditse ku itariki ya: 21-01-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka