Musanze: Umushoferi yarokotse impanuka y’ikamyo

Mu murenge wa Busogo mu karere ka Musanze, umushoferi yarokotse impanuka aho ikamyo yari atwaye yabuze feri igwa mu muganda Musanze-Busogo.

Umunyamabanga nshingwabiikorwa w’umurenge wa Busogo, Ndayambaje Kalima Augustin yabwiye Kigali Today ko, iyo kamyo ikimara kugwa, habayeho ubutabazi bwihuse mu kurengera ubuzima bw’umushoferi wari uyitwaye aho k’ubw’amahirwe yayivuyemo ari muzima.

Ati “Iyo kamyo ikimara kugwa mu muhanda, twegereye umushoferi atubwira ko yabuze feri, aho zari zacitse mu gihe akirwana nayo ihirima mu muhanda, umushoferi ni muzima nta kibazo na kimwe yagize”.
Servilien Mutuyimana

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Inkuru zirahwira 😂😂😂😂

Hhh yanditse ku itariki ya: 20-07-2023  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka