Mu Rwanda habonetse abandi babiri banduye Coronavirus, bose hamwe baba 84

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) iratangaza ko kuri uyu wa Kane tariki 02 Mata 2020 mu Rwanda hagaragaye abandi bantu babiri barwaye Coronavirus. Ibi byatumye umubare w’abarwaye Coronavirus mu Rwanda ugera kuri mirongo inani na bane (84).

Itangazo rya Minisiteri y’Ubuzima riravuga ko abo bantu babiri bari baherutse kugirira ingendo mu bihugu bitandukanye, nk’uko iri tangazo rya MINISANTE rikomeza ribisobanura.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka