Madamu RWANYINDO KAYIRANGWA Fanfan, Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo
Aba ba Minisitiri uko ari 11, bariyongeraho abanyamabanga ba Leta babiri nabo b’abagore barimo Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage n’umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi ushinzwe Igenamigambi.
Irebere amasura yabo
Madamu Dr. MUKABARAMBA Alvera, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage
babyeyi beza mbifurije kugira umurava mukunga ubumwe nabose kandi natwe tubijeje ubufatanye mukubaka u Rwanda koko ari zo nyungu duharanira murakoze Imana ibarinde
alias yanditse ku itariki ya: 26-10-2018 → Musubize
Abagore benshi ni abahanga kandi bazi gukora.Gusa hari ahantu habiri imana itabemerera "kuyobora":
Aha mbere ni mu rugo.Imana ishaka ko Umugabo aba Chef w’umugore.Bisome muli 1 Abakorinto 11:3.Ahantu ha kabiri imana ibuza Abagore Kuyobora,ni mu Nsengero.
Bisome muli 1 Timote 2:12 na 1 Abakorinto 14:34,35.
Ariko kubera ko habamo ifaranga ritubutse,abagore bakubye na zero ibyo Imana ibabuza.Ubu hari Abagore benshi cyane baba Pastors,Bishops na Apostles.Kera ntibyabagaho.Ni icyaha gikomeye ku Mana kuko ibibabuza bakanga,kubera kwishakira ifaranga.
Mugisha Paul yanditse ku itariki ya: 19-10-2018 → Musubize
umva reka kwitwaza bibiriya kuko umwenda wari ukingirije ahara ukimara gucikamo kabiri buri wese yemerewe kwigerera ahera kandi mbere abagore n’abana ntibabarwaga ariko ubu nabo barabarwa reka abamama bacu nabo bakore kuko barashoboye kandi n’intari kuba ayomategeko yanditse muri bibiriya sicyo bivuze ahubwo menyako amategeko abereyeho guhana ibigande kandi ndabizi neza ko ababyeyi bacu ba bamama atari ibigande tawamenyeko bamwe na bamwe bitwaza amagambo yo muri bibiriya bagamije kuce abandi intege.
babyeyi beza mbifurije kugira umurava mukunga ubumwe nabose kandi natwe tubijeje ubufatanye mukubaka u Rwanda koko ari zo nyungu duharanira murakoze Imana ibarinde
Abagore benshi ni abahanga kandi bazi gukora.Gusa hari ahantu habiri imana itabemerera "kuyobora":
Aha mbere ni mu rugo.Imana ishaka ko Umugabo aba Chef w’umugore.Bisome muli 1 Abakorinto 11:3.Ahantu ha kabiri imana ibuza Abagore Kuyobora,ni mu Nsengero.
Bisome muli 1 Timote 2:12 na 1 Abakorinto 14:34,35.
Ariko kubera ko habamo ifaranga ritubutse,abagore bakubye na zero ibyo Imana ibabuza.Ubu hari Abagore benshi cyane baba Pastors,Bishops na Apostles.Kera ntibyabagaho.Ni icyaha gikomeye ku Mana kuko ibibabuza bakanga,kubera kwishakira ifaranga.