Menya mu mafoto ba meya basinye imihigo kuri uyu wa gatanu
Yanditswe na
KT Editorial
Nyuma yo kubagezaho inkuru y’umuhango wo gutangaza uburyo uturere twitwaye mu mihigo y’umwaka w’ingengo y’imari 2016-2017, n’uwo gusinya imihigo y’uwa 2017-2018 wabaye kuri uyu wa 6 Ukwakira 2017, Kigali Today irabagezaho amafoto ya ba Meya basinyanye imihigo na Perezida wa Repubulika Paul Kagame.
Kamonyi nta Mega ifite uwari uhari aherutse gutanga imihoho mu minsi ishize kandi ntarasimbuzwa.
Kigali to day muri abagabo ndabakunda nkunda ko mumenya ibyo twifuza. Mutere imbere. Jye ndabakunda.
Kamonyi ntago yigeze isinya imihigo ko ndayibona kuri liste cg ngo mbone ifoto ya mayor uyiyobora?
Rutsiro , abadahigwa mu mihigo ba Rutsiro dukomereze aho cyane ubufatanye dukomeza kwerekana , biranyereka ko mu mihigo y’ umwaka wa 2017-2018 tuzesa turi ku isonga . Ahooooooo!!!!!!! Ni hoooooo!!!!!!!