Menya mu mafoto ba meya basinye imihigo kuri uyu wa gatanu

Nyuma yo kubagezaho inkuru y’umuhango wo gutangaza uburyo uturere twitwaye mu mihigo y’umwaka w’ingengo y’imari 2016-2017, n’uwo gusinya imihigo y’uwa 2017-2018 wabaye kuri uyu wa 6 Ukwakira 2017, Kigali Today irabagezaho amafoto ya ba Meya basinyanye imihigo na Perezida wa Repubulika Paul Kagame.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 4 )

Kamonyi nta Mega ifite uwari uhari aherutse gutanga imihoho mu minsi ishize kandi ntarasimbuzwa.

Kamana Deo yanditse ku itariki ya: 8-10-2017  →  Musubize

Kigali to day muri abagabo ndabakunda nkunda ko mumenya ibyo twifuza. Mutere imbere. Jye ndabakunda.

Dufitumukiza Emmanuel yanditse ku itariki ya: 7-10-2017  →  Musubize

Kamonyi ntago yigeze isinya imihigo ko ndayibona kuri liste cg ngo mbone ifoto ya mayor uyiyobora?

Byishimo yanditse ku itariki ya: 7-10-2017  →  Musubize

Rutsiro , abadahigwa mu mihigo ba Rutsiro dukomereze aho cyane ubufatanye dukomeza kwerekana , biranyereka ko mu mihigo y’ umwaka wa 2017-2018 tuzesa turi ku isonga . Ahooooooo!!!!!!! Ni hoooooo!!!!!!!

François yanditse ku itariki ya: 7-10-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka