Live - Uko Abanyarwanda bari kwizihiza Ubunani (Amafoto)
Hirya no hino Abanyarwanda bari kwizihiza Ubunani mu buryo butandukanye aho bamwe biyemeje gutangira umwaka mushya wa 2018 bari mu nsengero abandi bo bari mu birori.
Kigali
Kuri Kigali Convention Center, abahanzi batandukanye barimo Yami Alade, Sauti Sol, Bruce Melody n’abandi bari gutaramira abatuye umujyi wa Kigali babafasha kwizihiza Ubunani.








Abayoboke b’Itorero Redeemed rya Bishop Rugagi Innocent bizihije Ubunani bakora igitaramo cyo gushimira Imana, cyabereye ahahoze hitwa Camp Kigali.







Uko niko mu duce dutandukanye two muri Kigali byifashe














Huye
Abakristu Gatolika batuye igitambo cya misa (Te Deum) cyo gushimira Imana yabarinze mu mwaka ushize wa 2017 banayisaba kuzabarinda mu mwaka mushya wa 2018.
Bamwe mu batuye mu mujyi wa Huye, misa yo gushimira Imana bayikoreye muri Katedarali ya Butare.



Nyagatare
Muri Nyagatare naho abakristu bahisemo gutangira umwaka bari mu rusengero. Abasengera mu itorero ryitwa Eagle Vision Ministries bakoze igitaramo cyo gushimira Imana.




Rusizi
Abatuye mu mujyi wa Rusizi bahisemo gutangira umwaka mushya bataramirwa n’itsinda ry’abacuranzi ryitwa Machinary. Icyo gitaramo kiri kubera muri Keheda Hotel.





I Rusizi muri Hoteli Rubavu abacuranzi baturutse i Bukavu muri Kongo (DRC) bataramiye abaturage.



Mu Rusengero rwa Zion Temple Rusizi abayoboke barwo n’inshuti batangiriye umwaka wa 2018 mu rusengero bashima Imana.





Kamonyi
Abakristu Gatolika bo muri Paruwasi ya Ruyenzi bahisemo gutangira umwaka mushya bakora igitaramo cyo gushimira Imana cyakozwe n’amakorali atandukanye.



Muhanga






Ohereza igitekerezo
|
Mukarere Ka Rwamagana Nineza Kd Tubifurije Umwaka Mushya Muhire Wa2018
umujyi wa kigali byari byiza kabisa abanyarwa mwese mbifuri umwaka mushya 2018
umujyi wa kigali byari byiza kabisa abanyarwa mwese mbifuri umwaka mushya 2018