Kiliziya Gatolika irasaba inkunga yo kwagura ubutaka bw’Ingoro ya Bikira Mariya i Kibeho
Yanditswe na
KT Editorial
Umushumba wa Diyosezi ya Gikongoro, Musenyeri Célestin Hakizimana, yandikiye ibaruwa Abepisikopi, Abasaseridoti, Abihayimana, Abakirisitu b’abalayiki, inshuti za Kibeho n’abandi bantu bose b’umutima mwiza, abasaba inkunga yo kwagura ubutaka bw’Ingoro ya Bikira Mariya i Kibeho.
Ohereza igitekerezo
|
Ariko byararasobanuwe n’abahanga ba kiliziya ndetse n’izindi ntiti zagaragaje prouf zihagije. Dukwiye kwemera tutabonye.
Ariko byararasobanuwe n’abahanga ba kiliziya ndetse n’izindi ntiti zagaragaje prouf zihagije. Dukwiye kwemera tutabonye.
Nibyo koko,tugomba kumva imyemerere y’abantu.Ariko na none tugomba kwibaza.Ese koko,ni Maliya wabonekeye I Kibeho?Ni iki kibitwemeza?Mu byukuri,i Kibeho abana b’abakobwa babonye "amashusho yababwiraga ibintu byerekeye Maliya".Ese ibyo bihamya ko ari Maliya ubwe waje I Kibeho?Kugirango tubyumve neza,twibuke uko byagenze muli Eden.Satani yakoresheje INZOKA ivugana na EVA.We n’umugabo we baketse ko ari Inzoka yavuze,nyamara yari Satani.Nkuko ijambo ry’Imana rivuga,n’uyu munsi Satani n’Abadayimoni bakoresha "amayeli" menshi kugirango tutabamenya.Nta kintu na kimwe gihamya ko ari Maliya wabonetse I Kibeho.Ni imyemerere nyine ya kidini.Nubwo buri wese yihambira ku myemerere ye,Ijambo ry’Imana ryerekana ko abanyura mu nzira y’ukuri ari bake cyane kandi ko abanyura mu nzira itari yo bazarimbuka ku munsi wa nyuma.Niyo mpamvu Imana idusaba “gushishoza” mu gihe duhitamo aho dusengera.
Muvandi, comments zawe mpora nzisoma my binyamakuru hafi ya byose ni ukuri ujye kubaha ukwemera kw’abandi, abemera amabonekerwa barahari kandi nawe utayemera ni uburenganzira bwawe, reka jye nawe n’uriya twirinde gusenga abo tudahuje ukwemera.
Stay safe
Ubwo nyine nawe iyo ni imyemerere yawe,geragaza no kubaha abandi mu myemerere yabo. Hari abarangije gushishoza wowe ugishishoza komeza urugendo ubwo nawe igihe cyawe kizagera.