Kiliziya Gatolika irasaba inkunga yo kwagura ubutaka bw’Ingoro ya Bikira Mariya i Kibeho

Umushumba wa Diyosezi ya Gikongoro, Musenyeri Célestin Hakizimana, yandikiye ibaruwa Abepisikopi, Abasaseridoti, Abihayimana, Abakirisitu b’abalayiki, inshuti za Kibeho n’abandi bantu bose b’umutima mwiza, abasaba inkunga yo kwagura ubutaka bw’Ingoro ya Bikira Mariya i Kibeho.

Ingoro ya Bikira Mariya i Kibeho iri mu mishinga yo kuvugururwa no kwagurwa
Ingoro ya Bikira Mariya i Kibeho iri mu mishinga yo kuvugururwa no kwagurwa
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 5 )

Ariko byararasobanuwe n’abahanga ba kiliziya ndetse n’izindi ntiti zagaragaje prouf zihagije. Dukwiye kwemera tutabonye.

Fabien yanditse ku itariki ya: 22-12-2020  →  Musubize

Ariko byararasobanuwe n’abahanga ba kiliziya ndetse n’izindi ntiti zagaragaje prouf zihagije. Dukwiye kwemera tutabonye.

Fabien yanditse ku itariki ya: 22-12-2020  →  Musubize

Nibyo koko,tugomba kumva imyemerere y’abantu.Ariko na none tugomba kwibaza.Ese koko,ni Maliya wabonekeye I Kibeho?Ni iki kibitwemeza?Mu byukuri,i Kibeho abana b’abakobwa babonye "amashusho yababwiraga ibintu byerekeye Maliya".Ese ibyo bihamya ko ari Maliya ubwe waje I Kibeho?Kugirango tubyumve neza,twibuke uko byagenze muli Eden.Satani yakoresheje INZOKA ivugana na EVA.We n’umugabo we baketse ko ari Inzoka yavuze,nyamara yari Satani.Nkuko ijambo ry’Imana rivuga,n’uyu munsi Satani n’Abadayimoni bakoresha "amayeli" menshi kugirango tutabamenya.Nta kintu na kimwe gihamya ko ari Maliya wabonetse I Kibeho.Ni imyemerere nyine ya kidini.Nubwo buri wese yihambira ku myemerere ye,Ijambo ry’Imana ryerekana ko abanyura mu nzira y’ukuri ari bake cyane kandi ko abanyura mu nzira itari yo bazarimbuka ku munsi wa nyuma.Niyo mpamvu Imana idusaba “gushishoza” mu gihe duhitamo aho dusengera.

mayira yanditse ku itariki ya: 22-12-2020  →  Musubize

Muvandi, comments zawe mpora nzisoma my binyamakuru hafi ya byose ni ukuri ujye kubaha ukwemera kw’abandi, abemera amabonekerwa barahari kandi nawe utayemera ni uburenganzira bwawe, reka jye nawe n’uriya twirinde gusenga abo tudahuje ukwemera.

Stay safe

Xxxx yanditse ku itariki ya: 22-12-2020  →  Musubize

Ubwo nyine nawe iyo ni imyemerere yawe,geragaza no kubaha abandi mu myemerere yabo. Hari abarangije gushishoza wowe ugishishoza komeza urugendo ubwo nawe igihe cyawe kizagera.

Kizito yanditse ku itariki ya: 22-12-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka