Karongi: Ababyeyi barembejwe no gukubitwa n’abana bibyariye (Amajwi)
Yanditswe na
KT Editorial

Ababyeyi ngo abana babakubita babaka umunani
Mu ntara y’u Burengerazuba mu karere ka Karongi hari ababyeyi bavuga ko hari ubwo abana babo babakubita babaziza kutabaha iminani, nyamara kandi ngo nta bushobozi baba bafite.
N’ubwo gutanga umunani bitakiri itegeko, aba babyeyi bavuga ko umubyeyi aramutse yishoboye bitamubuza gufasha umwana yabyaye kugira ngo nawe atere imbere.
Bamwe mu bakiri bato bemera koko ko hari bagenzi babo bakubita ababyeyi, ariko ko ahanini ngo hari n’ababyeyi baba bigizemo uruhare, bagasahurira mu tubari ibyari kuzabafasha umuryango kwiteza imbere.
Iyumvire Inkuru irambuye
Ohereza igitekerezo
|