Karongi: Ababyeyi barembejwe no gukubitwa n’abana bibyariye (Amajwi)

Ababyeyi ngo abana babakubita babaka umunani
Ababyeyi ngo abana babakubita babaka umunani

Mu ntara y’u Burengerazuba mu karere ka Karongi hari ababyeyi bavuga ko hari ubwo abana babo babakubita babaziza kutabaha iminani, nyamara kandi ngo nta bushobozi baba bafite.

N’ubwo gutanga umunani bitakiri itegeko, aba babyeyi bavuga ko umubyeyi aramutse yishoboye bitamubuza gufasha umwana yabyaye kugira ngo nawe atere imbere.

Bamwe mu bakiri bato bemera koko ko hari bagenzi babo bakubita ababyeyi, ariko ko ahanini ngo hari n’ababyeyi baba bigizemo uruhare, bagasahurira mu tubari ibyari kuzabafasha umuryango kwiteza imbere.

Iyumvire Inkuru irambuye

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka