Iyumvire ikiganiro ku buraya bukabije bukorerwa mu gace ka Koridoro (GIPOROSO)

Ubuzima bw’agace ka Koridoro ya Giporoso, burangwa n’umubare munini w’indaya zihaba mu ijoro, imikino y’amahirwe yararuye benshi, ubusinzi buhinguranya ijoro ndetse n’urugomo rwa hato na hato. Haratinyitse ariko hanateye amatsiko. Kurikira Ikiganiro Inyanja twogamo cya KT RADIO cyakorewe muri aka gace.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 17 )

Babbhane bose

Bizimana jmv yanditse ku itariki ya: 19-02-2023  →  Musubize

HAHIY MUBAREKE BACURUZE ARK IMANA IZABAHANA

DIDAS yanditse ku itariki ya: 19-12-2022  →  Musubize

HAAA! MARAYA HOSE ZIRAHARI NENO UGANDA

ILANZI JOHN yanditse ku itariki ya: 19-09-2020  →  Musubize

Mulaho guca uburaya ntibyoroshye kereka nibahanwa bose niba bagiye muli roji gufata ishambure berekane ibyangombwa ko bashakanye niba ntabyo bakumirwe ubakiriye ahanwe kimwe nabo abagabo nibo ndaya nimero imwe 1 bashukisha indaya abana inzoga amafaranga polisi Hari igihe ifata indaya zonyine ikemeza ko ari indaya Niki? Mugomba muba mufite ibimenyetso bihagije ntacyapa kiranga indaya

Man power yanditse ku itariki ya: 30-08-2020  →  Musubize

ndasaba abantu bose guhaguruka tukarwanya uburaya mu rwanda
akarere kanyabihu kuki katubaka umugi ugaragarira buri wese

honore muhire yanditse ku itariki ya: 22-10-2019  →  Musubize

RURENDA YA HUYE NAYO NTIYOROSHYE

charles yanditse ku itariki ya: 27-02-2019  →  Musubize

ibiryabarezi se barabivuga barabizi twenda gusara !!1

alias yanditse ku itariki ya: 7-06-2018  →  Musubize

uyu munyamakuru ni umuhanga pe narinziko nta munyamakuru wo mu rwanda wasesengura inkuru gutya !!!!!! kuko uko abivuga niko bimeze ntacyo abeshye cg ngo akuremo niko babayeho abahatuye!!!1

muhire p yanditse ku itariki ya: 7-06-2018  →  Musubize

Ukuntu uyu munyamakuru avuga "Corridor" birasekeje!

Ari kwivugira "Corridol"

Peter yanditse ku itariki ya: 7-06-2018  →  Musubize

ABO BANTU BAMWE BAFITE UBWIHEBE MU BUZIMA, BARIZINUTSWE. NTIBAZI N’IHUMURE RITURUKA KU MANA UMUREMYI. BAKENEYE INKUNGA EBYIRI: ICYO BAKORA, IJAMBO RY’IMANA

JEFETI yanditse ku itariki ya: 7-06-2018  →  Musubize

Ngo uzana ibihumbi 50....
Ibiryabarezi bikayakubikira!!!! hahahahahahahaha

haha yanditse ku itariki ya: 7-06-2018  →  Musubize

kuki batahafunga.Bakagombye kubwirizwa ubutumwa bwiza bagakizwa.

alias john yanditse ku itariki ya: 7-06-2018  →  Musubize
  • 1
  • 2

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka