Iyumvire ikiganiro ku buraya bukabije bukorerwa mu gace ka Koridoro (GIPOROSO)
Ubuzima bw’agace ka Koridoro ya Giporoso, burangwa n’umubare munini w’indaya zihaba mu ijoro, imikino y’amahirwe yararuye benshi, ubusinzi buhinguranya ijoro ndetse n’urugomo rwa hato na hato. Haratinyitse ariko hanateye amatsiko. Kurikira Ikiganiro Inyanja twogamo cya KT RADIO cyakorewe muri aka gace.
Ibitekerezo ( 17 )
Ohereza igitekerezo
|
Babbhane bose
HAHIY MUBAREKE BACURUZE ARK IMANA IZABAHANA
HAAA! MARAYA HOSE ZIRAHARI NENO UGANDA
Mulaho guca uburaya ntibyoroshye kereka nibahanwa bose niba bagiye muli roji gufata ishambure berekane ibyangombwa ko bashakanye niba ntabyo bakumirwe ubakiriye ahanwe kimwe nabo abagabo nibo ndaya nimero imwe 1 bashukisha indaya abana inzoga amafaranga polisi Hari igihe ifata indaya zonyine ikemeza ko ari indaya Niki? Mugomba muba mufite ibimenyetso bihagije ntacyapa kiranga indaya
ndasaba abantu bose guhaguruka tukarwanya uburaya mu rwanda
akarere kanyabihu kuki katubaka umugi ugaragarira buri wese
RURENDA YA HUYE NAYO NTIYOROSHYE
ibiryabarezi se barabivuga barabizi twenda gusara !!1
uyu munyamakuru ni umuhanga pe narinziko nta munyamakuru wo mu rwanda wasesengura inkuru gutya !!!!!! kuko uko abivuga niko bimeze ntacyo abeshye cg ngo akuremo niko babayeho abahatuye!!!1
Ukuntu uyu munyamakuru avuga "Corridor" birasekeje!
Ari kwivugira "Corridol"
ABO BANTU BAMWE BAFITE UBWIHEBE MU BUZIMA, BARIZINUTSWE. NTIBAZI N’IHUMURE RITURUKA KU MANA UMUREMYI. BAKENEYE INKUNGA EBYIRI: ICYO BAKORA, IJAMBO RY’IMANA
Ngo uzana ibihumbi 50....
Ibiryabarezi bikayakubikira!!!! hahahahahahahaha
kuki batahafunga.Bakagombye kubwirizwa ubutumwa bwiza bagakizwa.