Ishami rya RDF rishinzwe iperereza ryavuguruwe, rihabwa umuyobozi mushya

Impinduka zakozwe na Perezida Kagame akaba n'Umugaba w'Ikirenga w'ingabo z'u Rwanda
Impinduka zakozwe na Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’ingabo z’u Rwanda

Uru rwego rwahise runahabwa umuyobozi mushya ari we Col. Andrew Nyamvumba, wanazamuwe mu ntera akuwe ku ipeti rya Lieutenant Colonel.

Minisiteri y’Ingabo yabitangaje mu itangazo yashyize ahagaragara kuri uyu wa Gatatu tariki 18 Nyakanga 2018.

Yatangaje ko izi mpinduka zakozwe na Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga mu ngabo z’u Rwanda.

Col. Nyamvumba yakoraga mu Biro by’Umukuru w’Igihugu, ari Umuyobozi Mukuru w’Ishami rishinzwe iteganyabikorwa, umwanya yari amazeho umwaka umwe.

Ahawe urwego rushya kandi rufite inshingano zitandukanye n’iz’urwo rusimbuye rwakoraga, aho bazibanda mu mikorere ijyanye n’igihe isi igezemo.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 7 )

Ndashimira nyakubahwA H.E KUK Atwitaho cyan

IMANIRUNGA Samuel yanditse ku itariki ya: 15-08-2019  →  Musubize

Ndashimira nyakubahwA H.E KUK Atwitaho cyan

IMANIRUNGA Samuel yanditse ku itariki ya: 15-08-2019  →  Musubize

Ndashimira nyakubahwA H.E KUK Atwitaho cyan

IMANIRUNGA Samuel yanditse ku itariki ya: 15-08-2019  →  Musubize

Ndashimira nyakubahwA H.E KUK Atwitaho cyan

IMANIRUNGA Samuel yanditse ku itariki ya: 15-08-2019  →  Musubize

Ntahantu match kuri tv

Erneste ndayambaje alias kakavuyo yanditse ku itariki ya: 2-08-2019  →  Musubize

NYAKUBAHWA PRESIDENT WACU Paul KAGAME ndabashimira uburyo mudahwema gutekerereza abanyarwanda n abanyafurika icyabateza imbere , mbashimira n ’inama mutugira kuko ziranyubaka cyane mukomereze aho , nange nzakora ibishoboka byose nkore icyangirira inyungu ndetse kikagira n inyungu ku igihugu cyanjye.

NIYIGENA Jean Damascene yanditse ku itariki ya: 30-07-2019  →  Musubize

in life it is good to help your friends

olivier yanditse ku itariki ya: 19-07-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka