Ishami rya RDF rishinzwe iperereza ryavuguruwe, rihabwa umuyobozi mushya
Yanditswe na
KT Editorial

Impinduka zakozwe na Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’ingabo z’u Rwanda
Uru rwego rwahise runahabwa umuyobozi mushya ari we Col. Andrew Nyamvumba, wanazamuwe mu ntera akuwe ku ipeti rya Lieutenant Colonel.
Minisiteri y’Ingabo yabitangaje mu itangazo yashyize ahagaragara kuri uyu wa Gatatu tariki 18 Nyakanga 2018.
Yatangaje ko izi mpinduka zakozwe na Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga mu ngabo z’u Rwanda.
Col. Nyamvumba yakoraga mu Biro by’Umukuru w’Igihugu, ari Umuyobozi Mukuru w’Ishami rishinzwe iteganyabikorwa, umwanya yari amazeho umwaka umwe.
Ahawe urwego rushya kandi rufite inshingano zitandukanye n’iz’urwo rusimbuye rwakoraga, aho bazibanda mu mikorere ijyanye n’igihe isi igezemo.
Ohereza igitekerezo
|
Ndashimira nyakubahwA H.E KUK Atwitaho cyan
Ndashimira nyakubahwA H.E KUK Atwitaho cyan
Ndashimira nyakubahwA H.E KUK Atwitaho cyan
Ndashimira nyakubahwA H.E KUK Atwitaho cyan
Ntahantu match kuri tv
NYAKUBAHWA PRESIDENT WACU Paul KAGAME ndabashimira uburyo mudahwema gutekerereza abanyarwanda n abanyafurika icyabateza imbere , mbashimira n ’inama mutugira kuko ziranyubaka cyane mukomereze aho , nange nzakora ibishoboka byose nkore icyangirira inyungu ndetse kikagira n inyungu ku igihugu cyanjye.
in life it is good to help your friends