Isabukuru nziza y’amavuko kuri Perezida Paul Kagame

Kuri uyu wa 23 Ukwakira 2022, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yujuje imyaka 65 y’amavuko.

Perezida Kagame yavutse ku itariki 23 Ukwakira 1957. Nyuma yo kugira uruhare rukomeye mu kubohora igihugu cya Uganda yabagamo nk’impunzi, yabaye ku ruhembe rw’ingabo zahoze ari iza FPR Inkotanyi zabohoye u Rwanda zigahagarika Jenoside yakorewe Abatutsi.

Ni umuyobozi uzwiho gukunda abaturage, ndetse akanakangurira abo bafatanya kuyobora Igihugu, guhora bashyira imbere inyungu z’abaturage mbere y’ibindi.

Umuryango mugari wa Kigali Today ukaba umwifuriza isabukukuru nziza y’amavuko ndetse ukanamwifuriza kurama no kuramba.

Inkuru bijyanye:

Madamu Jeannette Kagame yifurije Paul Kagame isabukuru nziza y’amavuko

Ibitekerezo   ( 17 )

Sir
Happy birthday nyaku
bahwa President poul Kagame
Ukomeze kuramba nyaguhora kungoma turagukunda uburyo ukunda abaturage.

Muhumuza Ignace yanditse ku itariki ya: 23-10-2022  →  Musubize

igitekerezo cyange ndashimira umusaza.kagame kukoyatugejejeho byinshi murakoze hano ngarama bugamba kinihira harumuntu wa byaye abanabatatu umubyeyi yabuze amashereka kandi ntabushobozi pe abayobozi nta cyobabivugaho none mwadufasha iki

Ni innocent yanditse ku itariki ya: 23-10-2022  →  Musubize

HE tubifurije isabukuru nziza kandi tubahoza kumutima wacu murakarama

lg yanditse ku itariki ya: 23-10-2022  →  Musubize

H.E wacu dukunda twese mwifurije gukomeza kuramba kandi Imana Ikomeze Imube hafi mu rugamba rwo gukomeza kuduteza imbere abanyarwanda twese. Isabukuru nziza hamwe n’umuryango wanyu H.E @PKagame wacu.

Me HITIMANA Sylvestre yanditse ku itariki ya: 23-10-2022  →  Musubize
  • 1
  • 2

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka