Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatatu

Kuri uyu wa Gatatu tariki 15 Nyakanga 2020, Perezida wa Repubulika yayoboye Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro.

Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 30 Kamena 2020.

Inama y’Abaminisitiri yasuzumye ingamba zafashwe zo gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya covid-19, yemeza n’ingamba zigomba gukurikizwa.

Soma itangazo ryose:

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 5 )

Iyo myanzuro Ni myiza gusa ince zibyaro ubwo ninkaho bagiye kujya birarira mutubari nubwo bitemewe ariko nubusanzwe barabikora ikindi kuri youth volunteers nukuri inama yubutaha izagire icyo ivugaho kuko biratangaje kuba kuva mu kwa 4 kugeza ubu hari numuntu utarahabwa nagashimwe 20,000frw Kandi akora buri munsi Kandi twumva ko haricyo bagenerwa ariko kukibona bikaba bikomeye sinzi aho bipfira!.

Kadaffi Rwigema yanditse ku itariki ya: 26-09-2020  →  Musubize

Mwiriwe neza igitekerezo cyanjye ni nonex ko abanyeshuri biga babamo bemerewe nabo gusubira kw ishuri ibyiza numvaga nuko abanyeshuri Bose bakiga bataha kuko iyo wiga ubamo ushobora kujya kwi shuri wenda uvuye I Rubavu undi avuye I Butare ugasanga uvuye iRubavu wenda afite icyorezo akaba yanduje mugenzi we kuko babana mukigo ndabizi ubu muhise mutekereza ngo mwabanza mugapima gs biterwa n umubiri w umuntu wo ubwawo niwo ugaragaza ibimenyetso uko byumva rero ndumva Bose bajya biga bataha . Murakoze

Alias yanditse ku itariki ya: 10-08-2020  →  Musubize

Twishimiye imyanzuro y ibyemezo by inama y abaminisitiri kuba yafunguye ninsengero Minaloc nidufashe itubwire igihe zizafungurirwa niba Ari kuri 19/07/2020.

Niwenkunda Francine yanditse ku itariki ya: 16-07-2020  →  Musubize

Amabwiriza yo kwemerera insengero gukora azasohoka ryari?

Celestin yanditse ku itariki ya: 16-07-2020  →  Musubize

mwatubarije minisiteri y’uburezi ikaduha amakuru ahagije ajyanye no gushyiraho abayobozi ba mashuri nibisabwa nigihe

salomon ngizwenayo yanditse ku itariki ya: 15-07-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka