Imyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri

Ku gicamunsi cyo ku wa Mbere tariki 08 Gicurasi 2023, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yayoboye Inama idasanzwe y’Abaminisitiri yibanze ku ngamba za Guverinoma zo guhangana n’ibiza.

Ibi ni ibyemezo byafatiwe muri iyo nama:

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Mu myanzuro y’Inama y’ abaministri byemeje ko barafata abantu bakabirukana mu byabo badatuye mu manegeka igishushanyo mbonera kigaragaza ko ubuhaname buri kuri 27% none muri Gasabo inzu zabantu bazishyizeho TOWA Kandi nta biza cg ruhurura biri Aho hantu by’umwihariko umurenge wa Gisozi, mutubarize amaherezo yuruzerero abanyarwanda duhozwamo nabayobozi bumva Ijambo ryumukuru wigihugu BAMWE kubwinyungu bakabyitwaza bagahohotera abandi rwose dukeneye ubutabazi kuko birakomeye

Alias yanditse ku itariki ya: 11-05-2023  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka