Ibiciro by’ingendo ntibyahindutse

Urwego Ngenzuramikorere (RURA) ruratangaza ko ibiciro by’ingendo bitahindutse, Leta ikaba izunganira abaturage yishyura igiciro gisigaye.

Ibi RURA ibitangaje nyuma y’uko Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 14/12/2020 yanzuye ko umubare umubare w’abagenda mu modoka za rusange ugabanuka, izo modoka zikaba zigomba gutwara gusa 50% by’umubare w’abantu zemerewe gutwara kandi hakubahirizwa amabwiriza yo kwirinda COVID-19.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 5 )

Mwarakoze kugumishaho ibiciro byagenwe ariko nuko usanga bamwe batabyubahiriza.

UZABAKIRIHO yanditse ku itariki ya: 24-12-2020  →  Musubize

Mutavuga ko ibiciro bitagomba guhinduka !!RFTC yo ikavuga ko butira igiciro kidahindutse!! ubwo uvuga ukuri ninde utegeka ibiciro ninde!

lg yanditse ku itariki ya: 17-12-2020  →  Musubize

Mutavuga ko ibiciro bitagomba guhinduka !!RFTC yo ikavuga ko butira igiciro kidahindutse!! ubwo uvuga ukuri ninde utegeka ibiciro ninde!

lg yanditse ku itariki ya: 17-12-2020  →  Musubize

murakoze kugumishaho ibiciro byingendo.
kandi dukomeza kwirinda covid19.
Twambaa neza agapfukamunwa

mporanimana venuste yanditse ku itariki ya: 16-12-2020  →  Musubize

murakoze kugumishaho ibiciro byingendo.
kandi dukomeza kwirinda covid19.
Twambaa neza agapfukamunwa

mporanimana venuste yanditse ku itariki ya: 16-12-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka