Gusezera bwa nyuma Amb. Joseph Habineza byari amarira n’agahinda (Video)

Ambasaderi Joseph Habineza wari uzwi cyane nka Mr Joe witabye Imana mu minsi ishize, yasezewe bwa nyuma kuri uyu wa Mbere tariki 30 Kanama 2021.

Imihango yo kumusezeraho yabereye mu rugo iwe nyuma aza gushyingurwa mu irimbi rya Rusororo mu Karere ka Gasabo, aho yaherekejwe n’abo mu muryango we, inshuti ze ndetse na bamwe mu bayobozi bakuru b’igihugu, barimo Perezida wa Sena, Dr Iyamuremye Augustin.

Bikurikire muri iyi Video:

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Twesetwirindecoved_19

Habineza pcefeque yanditse ku itariki ya: 19-02-2022  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka