Dubai: Perezida Kagame yitabiriye inama yiga ku ishoramari muri Afurika

Perezida wa Repubulika Paul Kagame ari i Dubai aho yitabiriye inama ikomeye mu rwego rw’isi yiga ku ishoramari muri Afurika (Africa Global Business Forum).

Perezida Kagame ari i Dubai
Perezida Kagame ari i Dubai

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 01 Ugushyingo 2017 nibwo Perezida Kagame yitabiriye iyo nama ndetse anatangamo ikiganiro cyiswe Head of State Dialogue.

Iyo nama biteganijwe ko izamara iminsi ibiri, yitabiriwe na bamwe mu bakuru b’ibihugu, Abaminisitiri, abashoramari batandukanye n’abandi bazatangayo ibiganiro.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka