Dr Aimable Nsabimana yirukanywe ku mirimo ye

Itangazo ryaturutse mu biro bya Minisitiri w’Intebe, ryasohotse tariki ya 1 Werurwe 2023, rivuga ko Dr Nsabimana Aimable yirukanywe ku mirimo ye.

Dr Aimable Nsabimana
Dr Aimable Nsabimana

Dr Nsabimana Aimable yari Umuyobozi Mukuru wungirije ushinzwe Ubutegetsi n’Imari mu Ishuri ry’u Rwanda ry’Imyuga n’Ubumenyi Ngiro (RP).

Ibiro bya Minisitiri w’Intebe bivuga ko azira amakosa akomeye n’imyitwarire idahwitse. Dr Nsabimana yari ari kuri uwo mwanya kuva mu kwa kabiri 2021.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 4 )

Mumubaze inshingano ze kuko sibyiza kwigra utabazwa inshingano cg mukampe murebe

Claude yanditse ku itariki ya: 2-03-2023  →  Musubize

Mumubaze inshingano ze kuko sibyiza kwigra utabazwa inshingano cg mukampe murebe

Claude yanditse ku itariki ya: 2-03-2023  →  Musubize

Kwirukanwa ntibihagije. Nibajye mu mitungo afite agarure ibyo yibye abanyarwanda.

Mparambo yanditse ku itariki ya: 2-03-2023  →  Musubize

Kwirukanwa ntibihagije. Nibajye mu mitungo afite agarure ibyo yibye abanyarwanda.

Mparambo yanditse ku itariki ya: 2-03-2023  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka