Dore ibyemezo byafatiwe mu nama y’Abaminisitiri
Yanditswe na
KT Editorial
Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ku wa Gatatu tariki ya 11 Ugushyingo 2020, yafatiwemo ibyemezo bikurikira:
Dukunda amakuru mutugezaho.
Mutubarize na MINEDUC/ REB Amakuru kW’ishyirwa MU myanya ry’abarimu bashya kuko abakoze 2019 na 2020 bose barabikeneye NGO babe batekereza ku bindi byabateza imbere. Murakoze
Abantu baba bagize umugisha bakiri mu isi bagahabwa akazi n’umukuru w’igihugu nukuri bajye bagakora neza ntibamutenguhe ni umugisha utabonwa na buri kiremwa Dore twe rubanda rugufi biba Ari ibibazo.
Muraho neza,muzadutangire igitekerezo ko byaba byiza ko abayobozi b’uturere nabo bakagiye bahabwa mitation, ntibafate akarere nkaho ari mu rugo iwabo ahubwo bakajya bimurwa nkuko abaderecteur b’ibigo by’amashuri bimurwa.hanyuma umuntu niba yarishe akarere ke yakwica nako aguyemo bahite babonako adashoboye hanyuma yirukanywe ku mirimo ye! Murakoze.