Dakar: Perezida Kagame yitabiriye inama yiga kuri siyansi

Perezida Paul Kagame amaze kugera i Dakar mu murwa mukuru wa Senegal, aho yakiriwe na Perezida w’iki gihugu Macky Sall.

Perezida Kagame yitabiriye inama ya Next Einstein Forum, yiga ku iterambere rya siyansi muri Afurika n’uburyo yafasha mu gukuraho imbogamizi, ikongera ubushakashatsi n’udushya mu gufasha isi kumera neza.

Andi makuru turacyayabakurikiranira.

Akigera i Dakar, Perezida Kgame yakiriwe na Perezida w'iki gihugu Macky Sall.
Akigera i Dakar, Perezida Kgame yakiriwe na Perezida w’iki gihugu Macky Sall.
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 3 )

Nta muntu numwe udakoresha Sciences mu buzima bwe bwa buri munsi, Hera mugitondo urabyuka waraye uhumetse umwuka (Oxygene O2) ugakenera Amazi ( ubutabire ni H2O)

Guhaha nimibare umuntu ahera abarira umukozi, kubaka nimibare.

Njye mbona abantu bazi imibare nabatarigeze bajya mwishuri bayizi batabizi,
urugero: murebe ukuntu irya mitako iteye ku duseke, iriya forme geometriques usanga zisubiramo muburyo bwimibare. Ibintu nkibi nibyo abanga bicara bakabishakira impamvu ninkoko nguko hakavuka za formule, ukumva umubare 3,14... uraje mu ruziga....

Galileo yanditse ku itariki ya: 8-03-2016  →  Musubize

twishimiye iyo nama ningenzi , science ikoreshejwe neza yagirira africa umumaro igatera imbere.

NSHIMIYIMANA Patrick serge yanditse ku itariki ya: 8-03-2016  →  Musubize

Iy’inama n’ingenzi kuko ihuza abaminisitiri bafite siyansi mushingano zabo.Ariko nutazi siyansi iyo biva niyo bijya nawe ashobora kuyitabira apfa kuba afite ingufu na cash.

Kanyarwanda yanditse ku itariki ya: 7-03-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka