#COVID19: Mu Rwanda hagaragaye abandi bantu 5 bose hamwe baba 75

Minisiteri y’Ubuzima iratangaza ko kuri uyu wa kabiri tariki 31 Werurwe 2020, hagaragaye abandi bantu batanu barwaye Coronavirus. Ibi byatumye umubare w’abarwaye Coronavirus mu Rwanda ugera kuri mirongo irindwi na batanu (75), nk’uko iri tangazo rya Minisiteri y’Ubuzima ribisobanura.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

Gufunga imipaka byatuma kwirinda corona byoroho kand byizerwa

abubakar yanditse ku itariki ya: 1-04-2020  →  Musubize

Mwaramutse ndabasabako mwajya mugaragaza niba umurwayi mushya wa covd_19 wabonetse aturutse mugihugu mwimbere. Mwajya mudusobanurira niba, yavuye mubaturage cg se niba yavuye mubarimukato. kukondabona abantu batangiye kubifata nkibisazwe

Niyonizeye theophile yanditse ku itariki ya: 1-04-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka