Biryogo na Rwampara mu isura nshya (Video)
Uduce twa Biryogo na Rwampara mu Mujyi wa Kigali turimo kubakwamo imihanda ya kaburimbo mu makaritsiye mu rwego rwo koroshya ubuhahirane n’imigenderanire.
Ni ibikorwa byiza byishimiwe cyane cyane n’abaturiye iyi mihanda. Muri aka gace kandi haravugururwa amazu yo kubamo n’ay’ubucuruzi kugira ngo iterambere ry’ibikorwa remezo rigendane n’isura nziza y’Umujyi wa Kigali.
Reba muri aya mashusho uko aka gace karimo kuvugururwa
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|