Ba Ofisiye 47 basoje amasomo mu muhango wari ubereye ijisho (Amafoto)
Yanditswe na
Malachie Hakizimana
Ku wa Gatanu tariki 11 Kamena 2021 mu ishuri rikuru rya Gisirikare (Rwanda Defence Force Command and Staff College) riherereye i Nyakinama mu Karere ka Musanze habereye umuhango wo gusoza ku mugaragaro amasomo ya ba Ofisiye 47 bagizwe n’Ingabo na Polisi.
Ni umuhango witabiriwe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda. Mu butumwa yabagejejeho, yabibukije akazi kenshi kabategereje muri iki gihe isi igenda ihinduka igana mu busumbane bukabije, ari nako ibibazo by’umutekano muke bikomeza kwiyongera, abasaba guhangana n’ibyo bibazo.
Aya ni amwe mu mafoto yaranze uwo munsi:
























Amafoto: Muzogeye Plaisir/Kigali Today
Kureba andi mafoto menshi, kanda HANO
Ohereza igitekerezo
|