Inzu 60 ziciriritse Ikigo cy’igihugu cy’imiturire kivuga ko zubatswe i Muhanga ziri he?

Imibare y’inzu ikigo cy’Igihugu gishinzwe imiturire (RHA) cyatanze ku nzu zirimo kubakwa mu Karere ka Muhanga, bigaragara ko ntaho ihuriye n’iyo akarere ubwako kemera.

Ubuyobozi bwa RHA bwari bwatangarije KT Radio ko kwagura imiturire mu Karere ka Muhanga bigeze kure, aho hamaze kubakwa inzu zigera kuri 60 kandi umuturage uyishaka ashobora kuvugana n’akarere.

Gusa iyo mibare ihabanye n’iyo ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga bwatangaje. Umva inkuru y’ubushakashatsi KT Radio yakoze n’uko yasanze ayo makuru ahabanye n’ukuri.

Ubuyobozi bw'Akarere ka Muhanga buvuga ko nta nzu ziciriritse 60 zirahubakwa
Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga buvuga ko nta nzu ziciriritse 60 zirahubakwa
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Technique.com!!!!!

g yanditse ku itariki ya: 20-07-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka