Hari amakuru avuga ko uwo muriro waba watewe n’abakorera umurimo wo gusudira hafi aho, ariko aya makuru ntaremezwa neza, turacyagerageza kuvugana na polisi y’u Rwanda.
Polisi yatabaye izimya umuriro ariko ibicuruzwa byari byakongotse.












Kigali Today
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|