Amafoto: Ibirori byo kwinjiza ba Ofisiye bashya mu ngabo z’u Rwanda byari bibereye ijisho

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), kuri uyu wa Mbere tariki 26 Gicurasi 2021 yayoboye umuhango wo gutanga ipeti ku banyeshuri 721 barangije mu ishuri rya Gisirikare riri i Gako mu Karere ka Bugesera, abo banyeshuri bakaba bahawe ipeti rya Sous-Lieutenant ribinjiza mu ngabo z’u Rwanda ku rwego rwa Ofisiye.

Ni umuhango waranzwe n’amashusho abereye ijisho, ibikorwa by’akarasisi n’ibindi bitandukanye kandi byose biri ku murongo usanzwe uranga imikorere y’ingabo.

Aya ni amwe mu mafoto yaranze uwo muhango:

Amafoto: Muzogeye Plaisir

Kureba andi mafoto menshi y’uyu muhango, kanda HANO

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 5 )

Turashimira Leta y’urwanda by’umwihariko nyakubahwa Paul Kagame we udahwema kuduha byinshi byiza.murakoze cyane Imana ibahe umugisha.

Pierre Uwishingiwenimana yanditse ku itariki ya: 28-04-2021  →  Musubize

NDIFUZ A KUBASUHUZA ?UMUGO LOBAMWIZA?

UWAMBAJIMANA KALALISA yanditse ku itariki ya: 27-04-2021  →  Musubize

Imana izakomeze kubaha ubutwari bwo gukorera igihugu cyacu bakobwa beza "bonne chance"

Nshimiyimana andrew yanditse ku itariki ya: 27-04-2021  →  Musubize

Rwanda nziza
Abakobwa beza
Abakobwa babereye urwanda
Tubari inyuma
Imana izabahe gukunda urwanda ❤️❤️RDF cyane

Diana yanditse ku itariki ya: 26-04-2021  →  Musubize

Rwanda nziza
Abakobwa beza
Abakobwa babereye urwanda
Tubari inyuma
Imana izabahe gukunda urwanda ❤️❤️RDF cyane

Diana yanditse ku itariki ya: 26-04-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka